in

Munyakazi muri byose, umukozi wo mu rugo akurikiranyweho gutera inda abakobwa 3 ba shebuja

Ni inkuru itangaje y’ukuntu umusore ukora akazi ko mu rugo yajyaga ava ku mukobwa umwe ajya ku wundi Kandi Bose ari abana ba Boss.

Ni abakobwa batatu bavukana muri Kenya, bavugwa ko batewe inda n’umukozi wabo wo mu rugo ushinzwe ubusitani, aciye mu rihumye ababyeyi babo babafuhiraga cyane.

Ibinyamakuru byinshi byatangaje ko ababyeyi b’aba bakobwa bababuzaga kujya hanze ndetse ko inshuti magara bari bafite ari uyu musore wazaga iwabo buri gihe aje ku ndabyo z’iwabo.

Nyuma yo kwisanzura kuri uyu musore Kandi nabo bafite umubiri ukenerana, baryamanye bose n’uyu musore hanyuma nawe ntiyatinzamo aba abateye inda uko ari batatu Bose.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Arahigwa bukware nyuma yo kwica umuntu kubera ubugari

Ibyari ubukwe byahindutse amarira ubwo umukwe bamujugunyaga mu kirere akabura umusama