in

Munsi y’umukandara hahungabanye! Yirukanwe azira kujya mu kazi yambaye ikariso ikishushanya ku mabuno bigatuma abagabo bahungabana mu ipantaro

Munsi y’umukandara hahungabanye! Yirukanwe azira kujya mu kazi yambaye ikariso ikishushanya ku mabuno bigatuma abagabo bahungabana mu ipantaro.

Umukobwa utavuzwe amazina yirukanwe na kompanyi imwe yo mu Mujyi wa Lagos kuko ikariso yari yishushanyije mu ipantaro yari yambaye (pant line showing).

Umwe mu bavuze iby’iyi nkuru kuri Twitter, Odira Orinze yavuze ko iyo kompanyi iri muzikomeye i Lagos ariko ko ifite amabwiriza rimwe na rimwe yafatwa nko gukabya. Umuyobozi wayo ngo ni uko asanzwe abigenza kuko ngo buri kimwe akireba.

Yagize ati ” Hari umuyobozi wa kompanyi imwe ikize, ifite ibiro mu gace ka Ikoyi. Uwo mubosi ari mu myaka 30 gusa abakobwa arabirukana iyo ikariso yishushnyije mu ipantaro. Buri kamwe akarebaho, rimwe na rimwe mba mbona akabya.”

Ibi by’amakariso yishushanya mu mapantaro y’abagore biboneka kenshi kuri bamwe. Ntawamenya niba hari abahitamo kubigaragaza cyangwa niba hari abo bibangamira.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yarongowe adakuze! Umukobwa utari wuzuza imyaka y’ubukure yiyahuriye muri kasho akoresheje icyiziriko ikariso ntiyapfa

I Kigali, Umukobwa arashaka kurongorwa n’umwarimu we umurusha imyaka 30 gusa umuryango we ntubishaka kandi nyamukobwa yasheze