in

Mumusengere cyane, Ndimbati ashobora gusubira muri gereza

Nyuma y’iminsi mike umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa Film Ndimbati afunguwe, hamenyekanye amakuru ko nubwo yagizwe umwere ariko ashobora gusubira muri gereza.

Nkuko tubikesha The choice live, umwe mu bo batumiye watanze ibitekerezo ndetse n’inyunganizi ku mategeko, yavuze ko nubwo Ndimbati ari hanze ndetse akora byose ariko hakiri amahirwe y’uko ashobora gusubira muri gereza.

Ndimbati ashobora gusubira muri gereza mu gihe abashinjacyaha basubira kujya kujuririra icyemezo cy’uko batsinzwe bakaba bakongera bagasubira mu nkiko ndetse bikaba byanashyira Ndimbati mu byago Ndimbati byo kujya muri gereza kuko iminsi yo kujuririra icyemezo cy’urukiko Igihari.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Antoine Griezmann ntabwo akiri umukinnyi wa FC Barcelona

Birababaje: Impanuka ikomeye y’imodoka ibereye i Shyorongi