in

Mukansanga Salima yegukanye igihembo gikomeye mu Karere k’i burasirazuba

Mukansanga Salima yegukanye igihembo gikomeye mu Karere k’i burasirazuba.

Mukansanga Salima uherutse gukurwa mu bazasifura igikombe cy’Afuruka, yegukanye igihembo gikomeye mu Karere k’i burasirazuba.

Ni igihembo cyitwa “East Africa Youth Award” aho gihabwa urubyiruko rwakoze iby’indashyikirwa.

Salima yagihawe mu gice cy’imikino.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Salima yatangaje ko ku munsi w’ejo tariki ya 24/10/2023 yegukanye igihembo cya East Africa Youth Award.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ni gute wakwigira ku mwana w’umukobwa wujuje itaje atagira akazi kazwa?” Umubyeyi ubwiriza ubutumwa yavuze ukuntu ubusambanyi buri mu bantu bakomeye no mu bakobwa babo batahaye indangagaciro zuzuye [videwo]

Abanyarwanda 50,8% ntibashobora kwigondera inzu ziciriritse kabone niyo Leta yabameneramo nkunganire