in

Mukandayisenga Jeannine bita “Ka-Boy” yahamagawe mu Mavubi y’abagore gusa umutoza akimukubita ijisho yahise amwirukana amubwira ko ari umuhungu nyamuhungu

Mukandayisenga Jeannine bita “Ka-Boy” yahamagawe mu Mavubi y’abagore gusa umutoza akimukubita ijisho yahise amwirukana amubwira ko ari umuhungu nyamuhungu.

Mukandayisenga Jeannine bita “Ka-Boy” ukinira Rayon Sports WFC mu Cyiciro cya Mbere, yigeze guhamagarwa mu Ikipe y’Igihugu y’Abagore, Umutoza Nyinawumuntu Grãce amurenzaho ingohe avuga ko atari umukobwa.

Uyu ni umwe mu bakinnyi bakomeye bari muri Shampiyona y’Abagore.

Amakuru yizewe avuga ko Mukandayisenga yahamagawe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu Ikipe y’Igihugu yahuye na Uganda muri Nyakanga, uwari Umutoza Nyinawumuntu Grace akamwanga avuga ko atari umukobwa.

Mukandayisenga kandi yabihamirije IGIHE agira ati: “Ubwo buzima nyine ni bwo niberaho.”

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Izajya icana nka Convention Center! Sitade Amahoro iri kubakwa izaba ifite ibintu bitamenyerewe mu masitade yo muri Afurika ndetse aho igeze ubu abantu bari gutangarira ubwiza bwayo kandi itari yanuzura [AMAFOTO]

Yifashishije ifoto y’umuryango we Fatakumavuta yirase ikintu gitera ishema abagabo benshi