in

Mujye mwibuka ko afite abana kandi abana n’umugabo: Gloria Mukamabano yeretse abakunzi be ibintu byatumye batangira kumutera imitoma birengagije ko ari mama w’abana -AMAFOTO

Mujye mwibuka ko afite abana kandi abana n’umugabo: Gloria Mukamabano yeretse abakunzi be ibintu byatumye batangira kumutera imitoma birengagije ko ari mama w’abana.

Umunyamakurukazi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Gloria Mukamabano ukorera televiziyo y’Igihugu yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yatumye abakunzi be bongera kumwereka ko bamukunda cyane ubwo yabasangizaga amafoto ye agaragaza ubwiza bwe.

Amafoto:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uwase Muyango yasubije abifuza ko we n’umugabo we batandukana abibira n’ibanga rituma urukundo rwabo rukomera

Habereye impanuka ikomeye cyane y’imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange (Coaster) ihitanye abantu batunu abandi ni indembe