in

Muhanga: Umugabo yapfiriye kuri moto

Mu ntara y’Amajyepfo mu karere ka Muhanga umugabo witwa Nizeyimana Janvier uri mu kigero cy’imyaka 38 yapfuye urupfu rutunguranye aho yarari kuri moto avuye kwivuza ku bitaro bya Kabgayi.

Uwo mugabo yapfuye ageze mu mujyi wa Muhanga ahari banki y’abaturage aho yaryamye mu mugongo w’umumotari warumuhetse aramwururutsa hashize akanya ahita ashiramo umwuka.

Umunyamabanga nshingwa bikorwa wo mu murenge wa Nyamabuye Nshimiyimana Jean Claude yemeje aya makuru avuga ko uwo mugabo yapfiriye kuri moto.

Uwo mugabo yarasanzwe akora akazi k’ubukarani mugace bita Mucyakabiri mu karere ka Muhanga.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kicukiro: Habereye igitangaza nka kimwe mu byo Umwana w’Imana Yesu Kristu yakoraga – AMAFOTO

“Ntakurira bombo mu ishashi” Nyagatare hari abadakozwa ibyo kugura udukingirizo