in

Muhadjiri noneho baramukizwa niki ko yaje adasanzwe, Police Fc itangiye ikubita ahababaza

Mu mukino we wa mbere agarutse muri Police FC, Hakizimana Muhadjiri yatsinze igitego 1 muri 3-2 batsinze Gorilla FC.

Gorilla FC yakiriye Police FC ni wo wari umukino ufungura umunsi wa 16 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino 2022-23.

Ni imikino yo kwishyura aho amakipe yakiriye mu kiciro cya mbere ajya gusura andi makipe iwayo kugeza ubu shampiyona iyobowe n’ikipe ya As Kigali ifite amanota 30 ikaba iyanganya na Kiyovu sport iri kumwanya wa kabiri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hakizimana Muhadjiri yagize icyo avuga ku makuru avuga ko atekereza kuzakinira ikipe ya Rayon Sports

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwahishuye umukinnyi w’inkingi ya mwamba urwaye Maralia