in

Ni bibi cyane: Menya ingaruka mbi cyane abana bakoresha ikoranabuhanga bahura nazo

Bitewe n’itera mbere rimaze gukataza abana benshi basigaye bakoresha ikoranabuhanga bakiri bato cyane gusa burya ntabwo ari byiza ko abana bakoresha ibikoresho by’ikoranabuhanga mu gihe bakiri bato.

Dore ingaruka mbi zo gukoresha ibikoresho by’ikoranabuhanga ku bana bakiri bato:

1. Umwana agira ikibazo mu bitekerezo bye.

2. Byongera ibyago ndetse akabura n’ubuzima bwite.

3. Umwana agira ikibazo cyo kwiheba.

4. Umwana agira ikibazo cy’umubyibuho ukabije

5. Umwana agira ikibazo cyo gutsindwa cyane mu ishuri.

6. Umwana agira imyitwarire idahwitse.

7. Umwana agira ikibazo cyo kunanirwa kuganira n’abandi bana kuko abashaka kwandi cyane kurusha kuba yavuga.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amazi ya Nyabarongo yafunze umuhanda uhuza uturere 3

Manchester united na Liverpool FC zihanganiye umukinnyi uri kubica bigacika muri “Premier league”