in

“Mugize ibyago mukagerayo bakabafunga cyaba?” Mu bwishongozi bwinshi, Bruce Melodie yavuze ko amariri The Ben yaririye i Burundi ari ukubera ubwoba maze abigira urwenya yigana uko yariraga (VIDEWO)

Nyuma yuko The Ben ataramiye i Burundi maze akaza kugaragara arimo kurira, Bruce Melodie yavuze ko ari ukubera ubwoba yagize bwo kubona amafoto ya Bruce Melodie.

Byavuzwe ko mbere yuko iki gitaramo cya The Ben gitangira, hari abashatse kucyica maze bazana amafoto ya Bruce Melodie.

Amakuru ava mu bari bitabiriye iki gitaramo bavuze ko The Ben yarize kubera ko hari abantu bifuzaga kumugirira nabi ndetse bakica n’iki gitaramo cye.

Mu kiganiro Bruce Melodie yagiranye na Irene Murindahabi, yavuze ko The Ben yari afite ubwoba, kandi ko ngo we ntacyo bapfa.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Kanyoni
Kanyoni
11 months ago

Ubwiyemezi buri aha hhhhhhh

Abafana ba Rayon Sports banze kubyihanganira! Umusaruro wa Yamen Zelfani utoza Rayon Sports ugerwa ku mashyi ku buryo aba-Rayon bashatse kurwana nawe bagakizwa na Police

Arashu na bazina we Gishwekwa! Rutahizamu Olivier Giroud yaraye abuze igitego bituma ajya mu izamu kurinda icyo bari batsinze (AMAFOTO)