in

“Mufate nimero yanjye muzampamagare mbajyaneyo” Umutoza wa Mozambique yabwiye abanyamakuru b’abanyarwanda igisabwa kugira ngo Amavubi azagere mu gikombe cy’Africa

Nyuma y’umukino wahuje Amavubi na Mozambique, umutoza Chiquinho wa Mozambique yavuze ko niba u Rwanda rwifuza kujya mu gikombe cy’Afurika rugomba kumuha akazi ko gutoza Amavubi.

Mu kiganiro n’itangazamakuru cyari kirangiye, Chiquinho yahise ababwira ko niba u Rwanda rwifuza kujya mu gikombe cy’Afurika basigarana nimero bakazamuvugisha ko ari we uzabatwarayo.

Yagize ati “Niba mushaka kujya mu gikombe cy’Afurika mufate nimero yanjye muzampamagare mbajyaneyo.” Abivuze nyuma y’uko ikipe ye ya Mozambique itsinze Amavubi ibitego 2-0.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo guterwa agahinda n’Amavubi abafana bari muri Stade ya Huye bakoze igikorwa gishimangira agahinda batahanye(Videwo)

Yamukubise bunyamaswa: Police yataye muri yombi umutoza wakubise umusifuzi w’umugore – AMAFOTO