in

Mu twenda bajyana muri pisine Christella wo muri Kigali Boss Babes yongeye kumirisha amazi abasore

Mu twenda bajyana muri pisine Christella wo muri Kigali Boss Babes yongeye kumirisha amazi abasore.

Christella umwe mu bakobwa bagize Kigali Boss Babes ndetse benshi badatinya kuvuga ko ariwe mwiza, yongeye kuzamura amaranga mutima y’abasore ubwo yasangizaga amafoto ye ari kuri pisine.

Uyu mukobwa abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yasangije amashusho n’amafoto bye ari ku mazi mu rugo iwe ndetse ni amwe mu mafoto meza afite.

– Amafoto.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Bamuhe Ferwafa” KNC yatangiye kugirirwa ikizere ko yabasha koyobora Ferwafa nyuma y’igikorwa cy’ubutwari yakore Cedric

Bahavu Jeanette yatunguye umugabo we amukorera ibyo abandi bagabo bifuza ko abagore babo babakorera