in ,

NDASETSENDASETSE YEGOKOYEGOKO NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze

Mu Rwanda: Ubugabo Butisubiye Bubyara Ububwa/Umwarimu Wari Wahagaritse Akazi Kubera Kutikingiza Yisubiyeho

Umunyarwanda yagize ati “Ubugabo butisubiye bubyara ububwa”. Umugabo witwa Benjamin Ntirujyinama yafashe umwanzuro wa kigabo wo kwandika ibaruwa isaba ko yagaruka ku kazi nyuma yuko avuye ku izima akikingiza Korona.

Benjamin akaba yari yaranditse azezera ku mwuga we w’ubwarimu atangazako nta gahunda yo kwikingiza afite bityo ko aho kwikingiza yasezera akazi ke.

Nyuma yo kuva kwizima agafata Doze ya mbere y’urukingo yahise yandika asaba kugaruka ku kazi avugako noneho ubushake bwo kwikingiza bwa bonetse ndetse akaba yamaze kwikingiza bityo ko yadohorerwa agahita asubira ku kazi ke ko kwigisha.

Reba ibaruwa ye hano hasi

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Rutare
Rutare
2 years ago

Ubwo se ko amategeko ateganya ko uwahagaritse akazi agasubiramo nyuma y’imyaka 2 arahita yemererwa?

Munyaneza Theophile
Munyaneza Theophile
2 years ago

Bamureke rwose ahahire abana pe

Isi Igeze Ku Musozo: Umukobwa Yavuze Uburyo Asigaye Akundana Na Musaza We Abantu Bifata Ku Munwa (Video)

Ibyo Inyogo ye akoreye Yago ntabwo azigera abyibagirwa bibaho (Ifoto)