in

Element yapakiye utwangushye yerekeza hanze y’u Rwanda -Amafoto

Umuhanga mu gutunganya amajwi y’indirimbo akaba ari n’umuhanzi, Element yerekeje muri Kenya aho agiye gukomereza ibitamo bye bizenguruka Afurika y’ibirasirazuba.

Byitezwe ko Element azakorerayo n’ibindi bikorwa bitandukanye bya muzika birimo; guhura no gukorana n’abahanzi batandukanye bo muri Kenya no kumenyekanisha ibihangano n’inganzo ye muri iki gihugu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda abantu bashyingirwa bamara igihe gito bakaka gatanya ngo bagabane imitungo, bashobora kutazongera kugabana imitungo ngo baringanize

Clapton Kibonke yibarutse undi mwana