in

Mu mupira w’amaguru hagiye kuzajya hatangwa ikarita y’ubururu

Inzego zireberera umupira w’amaguru ku Isi, zatangaje ko hari gutekerezwa uko hazajya hatangwa ikarita y’ubururu, aho uyihawe azajya asohoka hanze y’ikibuga akamara iminota 10 yitekerezaho nyuma akongera agasubiramo.

Ubusanzwe habagaho ikarita y’umuhondo ihabwa uwakoze ikosa ryoroheje akaguma mu kibuga ndetse n’ikarita itukura ihabwa uwakoze ikosa rikomeye agahita asohoka mu kibuga.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndabyemera” Kazungu Denis wongeye kugezwa mu rukiko yanze kunaniza ubushinjacyaha

“Nigahoshi n’iyo misatsi mibi gusa” Anita Pendo yababajwe n’inama umukobwa yagiriye abantu bitegura kwizihiza umunsi w’abakundanye (st valantine)