in

Mu mukino waraye uhuje Real Madrid na Manchester City se wa Erling Haaland yajyanwe intambike nyuma y’ibyo yakoreye abafana ba Real Madrid

Mu mukino waraye uhuje Real Madrid na Manchester City se wa Erling Haaland yajyanwe intambike nyuma y’ibyo yakoreye abafana ba Real Madrid

Abafana ba Real Madrid, bagaragaye baserera na Se wa Erling Haaland nyuma y’uko abatayeho ibiryo mu mukino ikipe yabo yakinagamo na Manchester City mu mukino wa 1/2 muri Champions League.

Nk’uko ikinyamakuru The Sun cyabyanditse, Alfie Haaland yari yicaye muri VIP aza gufata ibiryo abita ku bafana bari bamwicaye munsi bituma bahita barakara batangira guterana amagambo nawe.

Se wa Erling Haaland, mbere yari yagaragaye aterana amagambo n’undi mufana wari wambaye umwambaro wa Real Madrid bari bicaranye muri VIP, gusa abashinzwe umutekano babonye ko bikomeje kuba bibi ni bwo se Erling Haaland bamuvanye aho bakamujyana.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakunzi ba FC Barcelona bazamukumbura: Kapiteni wa FC Barcelona yatangaje inkuru iteye agahinda ku bakunzi biyi kipe

Umusore yagishije onama abaza icyo yakorera umukobwa wamwiziritseho akaba yaranze kumuvira mu nzu