in

Mu muhango wo gusezera bwa nyuma umuraperi Young CK hari abahanzi baje kumusezeraho – AMAFOTO

Kuri iki Cyumweru tariki 15 Ukwakira 2023, nibwo abagize umuryango w’Umuraperi Ngabo Calvin wamamaye nka Young CK bamusezeyeho bwa nyuma, ashyingurwa mu irimbi rya Rusororo.

Mu baje kumusezeraho bwa nyuma harimo n’abahanzi b’ibyamamare nka Kivumbi King ndetse na Kenny K-Shot

Uyu musore wari ufite imyaka 22 yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 17 Nzeri 2023 aguye muri Canada mu mujyi wa Ottawa aho n’ubundi yari asanzwe atuye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Atariho ivumbi: Umutoza mushya wa Rayon Sports yamenyekanye

RIB yahamagaje wa munyamakuru Nkundineza Jean Paul uherutse kwibasira Mutesi Jolly nyuma y’uko Prince Kid akatiwe gufungwa imyaka 5