in

Mu mufatire iry’iburyo: Ubuzima bwa Jose Chameleone buri habi Imama yonyine niyo ya buzahura

Mu mufatire iry’iburyo: Ubuzima bwa Jose Chameleone buri habi Imama yonyine niyo ya buzahura

Dr Jose Chameleone , arembeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yari yagiye kureba umuhungu we.

Amakuru avuga ko yari amaze imyaka irenga ibiri avuga ko ababara mu gifu ndetse abaganga bari baramugiriye inama yo kubagwa.

Mu rugendo yagiriye muri Amerika mu kwezi gushize, ubuzima bwe bwarushijeho kuba bubi nk’uko umubyeyi we yabitangaje.

Se wa Chameleone ubwo yaganiraga kuri telefone na Bukedde TV yagize ati: “Chameleone yarwaye kuva mu mezi ashize. Ubwo yajyaga muri Amerika, uburwayi bwarushijeho kwiyongera. Ubu ararembye cyane. Yagiye agira ibibazo mu nda ku buryo arimo kwivuza ”.

Ubu Jose Chameleone ari kwitabwaho n’abaganga ndetse yitegura no ku bagwa dore ko asabwa arenga miliyoni 350 kugira ngo igikorwa cyo ku mubaga kigende neza.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yaje ayitwaye mu ntoki umugore ayireba nk’icyo imbwa ihaze: Umugore y’imye umugabo we mu ijoro ryabo ry’ubukwe bituma umusore agira umujinya w’umuranduranzuzi wamukoresheje ibyo benshi batari biteze

“Iratandika uwo ariwe wese, niyo yatombora Zamalek” Umunyamakuru Kazungu Clever yavuze ikipe yo mu Rwanda aha amahirwe yo kugera kure mu mikino ny’Afurika