in

Mu Mavubi byaranze ariko i Burayi arindwa mubi! Byiringiro Lague akiva mu ikipe y’igihugu Amavubi yageze mu ikipe ye y’i Burayi atangira kumwenyuza inshundura

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi na Sandvikens IF yo muri Sweden, nyuma yo kuva mu ikipe y’igihugu yari yahamagawemo yahise atangira gutsindira ikipe ye.
Uyu rutahizamu yari mu bakinnyi 11 umutoza w’Amavubi yahisemo kubanza mu kibuga bakina n’ikipe ya Senegal ya 2, umukino urangira amakipe yombi anganyije igitego 1-1, icy’Amavubi cyatsinzwe na Olivier Sefu.
Byiringiro Lague yahise asubira mu ikipe ye ya Sandvikens IF, kuri uyu wa Gatandatu yakinnye umukino na Täby Fc maze biza kurangira Sandvikens IF itsinze ibitego 3-0.
Muri ibi bitego harimo igitego cya Byiringiro Lague yatsinze ku munota wa 57.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu batunguwe cyane n’agahimbazamusyi ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwashyiriyeho abakinnyi kugirango batsinde ikipe ya Pyramid FC

Amashusho y’urukozasoni yafashwe umusore n’umudamu bari kwirwanaho mu bwiherero bw’indege yabaye kimomo ku mbuga nkoranyambaga