in

Mu marira n’imiborogo ni byo byaranze abanyeshuri bari bahawe ibiryo biroze (Video)

Abanyeshuri benshi bo mu mashuri abanza bagaragaye barira cyane ndetse batakamba nyuma yo kumenya ko bagaburiwe ibiryo birimo uburozi.Aba bana bikekwa ko ari abo muri Afurika y’Epfo bagaragaye mu mashusho yasakaye kuri instagram aho bivugwa ko nyuma yo gufata amafunguro arimo uburozi batangiye kuribwa mu nda cyane.Ubwo aba banyeshuri bari bagejejwe kwa muganga bategereje ko bahabwa ubuvuzi bari mu marira menshi,bikanda mu nda cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amajwi y’umugabo wujuje inzu ye maze agashimagiza Imana akanakoba abavuze ko atazigera yuzuza inzu yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga (video)

Wa musore waririmbye Agatunda yavuze ibyabaye muri bisi yararimo atashye | Burya ya ndirimbo siwe wayishyize hanze | Afrique yabivuze byose