in

Mu marira menshi, Nyambo yavuze icyo yakoze ubwo yasangaga umukunzi we arimo amuca inyuma mu buriri abantu barumirwa

Umukinnyi wa Film hano mu Rwanda uzwi nka Nyambo ndetse abantu bakaba bamukundira ubwiza yifitiye, yavuze ukuntu umusore bakundanaga yamufashe arimo amuca inyuma ari hejuru y’umukobwa ndetse uwo mukobwa akaba yari inshuti magara ya Nyambo.

Ubwo Nyambo yari agiye gutekera umukunzi we wari wabeshye ko agiye ku kazi, yageze mu rugo rw’umukunzi we asanga hahiye ndetse yinjiye mu cyumba asanga umusore icyunzwe ni cyose ari hejuru y’umukobwa.

Nyambo yahise abareka ntihagira icyo akora arangije aragenda araborosa bed cover hanyuma ahita ababwira ati “iyi shusho muzarinde muyisazana umwe ari umugore undi ari umugabo”

Nyambo yahise atangaza ko ibyabo byahise birangira aho nta rukundo ubu Nyambo arimo ndetse bitungura abantu kubera ukuntu yahise yitwara icyo gihe ku musore bari bamaze imyaka 6 bakundana

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Jamel Eddine Neffati wagarutse muri APR FC yahishuye ikipe bazahanganira igikombe cya shampiyona hagati ya Rayon Sports na Kiyovu Sports

Thomas Tuchel agiye kugaruka gutoza mu bwongereza ikipe ihabwa amahirwe yo gutwara igikombe