in

Mu marira menshi, Dr Kanimba yibutse amagambo yabwiwe n’umwana w’imyaka ine ubwo yari arembye ndetse yibuka n’ibyo abantu bamukoreye bacyumva ko arwaye, ahita asuka amarira – VIDEWO

Nyuma y’uko Dr Kanimba Vincent wamenyekanye mu kuvura indwara z’abagore ‘gynecologist’, arwaye indwara ijyana no kwica imikorere myiza y’ubwonko, bikajyana no gutakaza imbaraga k’umubiri, akajya asusumira cyangwa se atitira, ubu arashima Imana kuko yakize.

Mu kiganiro yagiranye na Murungi Sabin wo ku Isimbi TV, Dr Kanimba yibutse amagambo yabwiwe n’umwana w’imyaka ine ubwo yari arembye maze ararira.

Uwo mwana ngo yamuhamagaye kuri telephone maze arambwira ati “Dr nta mafaranga mfite ngo nyaguhe, ariko nzagysengera.”

Ndetse kandi Dr Kanimba yashimiye byimazeyo abantu bamufashije bakomwoherereza amafaranga kugira ngo ajye kwivuza mu Buhinde no ubu yaje yigenza.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Hari abanditse ngo Soleil yirongoreye Kanimba” Nyuma yo gukora ubukwe bukavugisha benshi Soleil yagize icyo atangaza

Umunyarwandakazi witwa Shania ukora muri Banki yahaye umusore ibihumbi 100 by’idiho kubera kumuterura bari gutera akabariro