in

NDASETSENDASETSE NdababayeNdababaye YEGOKOYEGOKO

Mu makanzu y’abageni, Abapasiteri b’abagore baryamana bahuje igitsina bakoze ubukwe budasanzwe (AMAFOTO)

Hari abapasiterikazi kandi bubaha Imana bavuga ko bagomba kumenya no kwerekana ubuzima bwiza bw’intangarugero bahisemo gukora ibidasanzwe kandi biteye isoni aho bafashe umwanzuro wo gushakana nk’umugabo n’umugore .

Abo bapasiteri ni Vanessa Brown ufite imyaka 46 na Pasiteri Twanna Gause w’imyaka 54 y’amavuko aho bombi bakoze ubukwe ndetse bahisemo kubana akaramata.

Aba bapasiterikazi bari bambaye imyenda y’abageni umwe yambaye nkumukwe undi yambaye ikanzu ndende yumweru y’abageni.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo guhabwa ubutaka n’amafaranga, Sadio Mane ahawe indi mpano yagatangaza n’umuyobozi w’agace avukamo

Nta soni! Umugabo yafashwe ari kugurira ihabara imitako mugihe yasize nta biryo biri murugo. Video