in

Mu makanzu akubura hasi Vestine na Dorcas basusurukije mu buryo budasanzwe abari bitabiriye igiterane (Videwo)

Mu ijoro ryakeye nibwo habaye igiterane cyateguwe na Adepel aho Vestine na Dorcas baraye basusurukije abari bitabiriye icyo giterane cy’ivugabutumwa.

Ni igitaramo cyabereye mu mugi wa Kigali ahazwi nka Car Free Zone aho abantu bari benshi cyane bari baje kwihera ijisho abahanzi bari batumiwe ndetse no kumva ijambo ry’Imana.

Vestine na Dorcas bageze ku rubyiniro bambaye amakanzu maremare akora ku birenge, aho baje basusurutsa abari aho nuko maze na bo basirimbana n’abafana.

Vestine na Dorcas baririmbye indirimbo zimwe mu ndirimbo zabo zagiye zikundwa n’abatari bake bakunda ibihangano byo kuramya no guhimbaza Imana.

Videwo:

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imibyinire ya Aisha wo muri Nyaxo Comedy yanyuze bikomeye abari bitabiriye igitaramo cya Bruce Melodie (Videwo)

Ibyo Abarundi bakoreye Dj Brianne byatumye akuramo imyenda yo hejuru asigarana akenda k’imbere gusa (Amafoto)