in

Marina yaciye amazimwe ku bihuha byamuvuzweho ndetse avuga ni ikintu gikomeye cyamuhuza na Bad Rama

Umuhanzikazi Marina Deborah uherutse gusohora amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Vanilla’ yemeje amakuru y’itandukana rye na The Mane.

Mu minsi yashize nibwo ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amakuru y’itandukana rya Marina na The Mane.

Nyuma y’ibyo byavugwaga Marina yaje kwemerera RadioTv10 ko yatandukanye na The Mane.

Yagize ati: “The Mane twatandukanye mu masezerano twari dufitanye ariko abo nkorana nabo ubu, ni abari bagize The Mane team.”

Nyuma yo kuvuga ibyo yabajijwe ikintu cyamuhuza na Bad Rama maze asubiza agira ati: “Bad Rama dushobora guhuzwa na Business. ”

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mafoto y’intoranwa agaragaza ubwiza bw’umunyarwandakazi Swalla uvuga ko akiri isugi

Inkuru nziza ku mavubi! Amavubi ashobora kudaterwa mpanga y’ibitego 3