imikino
Mu mafoto reba imodoka y’igiciro cyo hejuru Floyd Mayweather yashyize mu bubiko

Floyd Mayweather abenshi bamuzi nk’umuteramakofi watsinze imikino 49 yose yakinnye mu buzima bwe.
bamuzi kandi ku mutungo utagira uko ungana abitse,nyuma yo kugura imodoka ziri mu zihenze ku isi nka Ferrari Enzo igura 3,2 million dollars,Koenigsegg CCXR Trevita igura 5 million dollars  n’izindi nyinshi.kuri ubu yakurikijeho imodoka nziza cyane yo mu bwoko bwa Kode 57 enji igura 2,5 million dollarsÂ
Dore zimwe mu  modoka Floyd yibitseho

Ferrari Enzo

Koenigsegg CCXR Trevita
https://www.instagram.com/p/BJWDLRqBPPq/?taken-by=doctorbugatti
https://www.instagram.com/p/BJUGlV2B22T/?taken-by=doctorbugatti
https://www.instagram.com/p/BJZlmRnBmyN/?taken-by=doctorbugatti
Subscribe
Login
0 Comments
-
Imyidagaduro18 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Imyidagaduro14 hours ago
Umunyamakuru wa RBA ukunzwe mu myidagaduro yifurije isabukuru nziza y’amavuko umukobwa bitegura kurushinga
-
inyigisho20 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro15 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.