in

Mu mafoto: Isimbi Noeline ukina filime z’urukozasoni ari murukundo? Dore amagambo yaherekeje amafoto ye

Isimbi Noeline n’umukobwa w’umunyarwandakazi wigeze no kwitabira irushanwa rya Miss Rwanda, maze nyuma yaho uyu mukobwa akaza kwishora mu mwuga w’uburaya.

Hatangiye kwibazwa niba uyu mukobwa yagira umuntu akunda byanyabyo bitewe nibyo ahora ashyira ku mbuga nkoranyambaga ze ndetse nizindi mbuga zicuruza filime z’ubusambanyi.

Muminsi yashize uyu mukobwa yashyize hanze amafoto na video bimugaragaza yatembereye mu mujyi wa Bangkok maze mu mashusho yarimo yifata inyuma ye hakaba hari umugabo umwe wari umuri inyuma yinjira muri pisine.

Isimbi Noeline Yvonne kandi yongeye kwandika andi magambo asa n’uwitanga cyangwa se agaragaza ko ari gucuruza ubwiza bw’isura ye ati “Litlemiss serving face” ugenekereje mu kinyarwanda bikaba bishatse kuvuga ko ari ka nyampiga gato gakoresha ubwiza bw’isura.

Ibi bigakomeza guhamiriza abantu ko kuba uyu mukobwa acuruza umubiri we n’ubwiza bw’isura ye ntapfunwe na rimwe bimuteye n’ubwo muri rubanda uyu mwuga akora bawufata nko kwiyandarika.

Ubwo yagarukaga mu Rwanda aturutse i Lagos mu gihugu cya Nigeria, nibwo yabihamirije ku karubanda ko kuba yicuriza aribwo buryo yahisemo gushakirizamo ubutunzu nk’uko hari n’abandi bifashishwa amaboko yabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gasabo:biteye ubwoba habonetse umurambo uriho ibimenyetso bidasobanutse mu ishyamba

Umutoza w’ibihe byose ku ba Rayon ashobora gusimbura Adil utameranye neza na Apr Fc