in

Mu mafoto atandukanye ihere ijisho abakobwa b’ibizungerezi bayobowe na Marina bari gukora muri ‘Tour Du Rwanda’ 

Mu mafoto atandukanye ihere ijisho abakobwa b’ibizungerezi bayobowe na Marina bari gukora muri ‘Tour Du Rwanda’

Irushanwa ry’amagare rizenguruka igihugu rizwi nka ‘Tour Du Rwanda’ rimenyereweho gukoresha abakobwa b’ibizungerezi n’ubundi ntaho byagiye.

Ubwo iri rushanwa ry’uyu mwaka ryatangizwaga kuri uyu wa 19 Gashyantare 2023 hagaragayemo abakobwa b’ibizungerezi bayobowe n’umuhanzikazi Marina.

Bano bakobwa baba bari muri Tour Du Rwanda bifashishwa batanga ibihembo ndetse bamamaza na bamwe mu bafatanyabikorwa biri rushanwa rya Tour Du Rwanda.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Imibyinire  ya Dabijou n’uburyo acugusa ikibuno bikomeje guteza ururondogoro

Umunyamakuru wa mbere ukunzwe na benshi kuri BB FM Umwezi yemeje ko Rutsiro FC izica Rayon Sports ikayishyingura mu irimbi ry’i Rubavu