in

Mu ijwi ririmo ikiniga n’amarira ku maso, umubyeyi yavuze ukuntu byagenze ngo ibiza bisige umuryango we mu bitaro abandi mu mva (VIDEWO)

Ku munsi wo ku wa kabiri mu ijoro nibwo intara y ‘Uburenganzira yibasiwe n’ ibiza byahitanye abagera ku 129 nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi.

Umwe mu baburiye ababo muri ibi biza yemeye kuganira n’itangazamakuru gusa yari yacitse intege bigaragara.

Mu ijwi ririmo ikiniga n’amarira ku maso, uyu mubyeyi yavuze ukuntu umuryango we uri mu bitaro mu gihe undi w’umwana yitabye Imana.

Uyu mubyeyi yari ari ku bitaro arwaje umwana we ni uko maze abo mu muryango we bari baje kumfasha umurwayi, batashye ari nako imvura yahise igwa baryame ni uko inzu iza kubagwaho.

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ababyeyi bagorwa! Ku karubanda, Messi yatutswe ku babyeyi baramwandagaza (VIDEWO)

Ahora ari mushya! Chiffa wakundanaga na Yvan Buravan witahiye yongeye gushimangira uburanga bwe buhebuje (IFOTO)