in ,

Mu ijoro ryashize SNIPERS DANCE CREW yakomeje kwerekana ko aribo bambere mu Rwanda bazi kubyina (+AMAFOTO)

SNIPERS DANCE CREW

Iri tsinda ribyina twaribabwiyeho ibikorwa byabo ubushize ko ari itsinda rikomeje kwesa imihigo yihaye ari naryo ubu riri kumwanya wa mbere mu Rwanda bityo ubu bari gushimishimira abahanzi n’itangaza makuiru rikomeje kubatera ingabo mu bitungo mu guteza imbere impano yabo yo kubyina. Mu ijoro ryacyeye iri tsinda rya snipers dance crew mu masaha y’isatanu z’ijoro mu kiganiro THE JAM kibera kuri televiziyo y’igihugu basususurukije abari bakurikira iki kiganiro bityo abantu barabishimira ndetse bivuza ko bazabatumira ikindi gihe

AHA NI SNIPERS I TWARA BIGIKOMBE CYA YOLO
AHA NI SNIPERS I TWARA BIGIKOMBE CYA YOLO

Nyuma twaje guhamagara umwe muri aba basore kuri telephone tumubaza uko babyakiriye adutangarizako byabashimishije uburyo babatumiye nabyo biri mu bintu byatumye bumva ko haricyo bamaze gukora ndetse bafashe n’izindi gamba zo gukora cyane maze bagakomeza gukorana n’itangazamakuru mu rwego rwo kuzamura izina ryabo

Twogeye kumubaza niba aharagashya bafite atubwira ko nyuma y’ukukwezi bagiye gutagira kwitegura igitaramo cyo gususurutsa abakunzi babo gusa baka batarabitangaza k’umugaragaro

G

FTG Y5

SNIPERS DANCE CREW
SNIPERS DANCE CREW

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Knowless Butera yatuguwe no kwibona ku rutonde rw’abahanzi bahataniye ibihembo bikomeye muri Nigeria (NEAS) :(+URUTONDE)

Nyuma y’indirimbo My RWANDA Aba basore bakoze indi ndirimbo izabahesha igikombe cya PGGSS6 bitewe n’ubwiza bwayo:REBA AMAFOTO