Imyidagaduro
Nyuma y’indirimbo My RWANDA Aba basore bakoze indi ndirimbo izabahesha igikombe cya PGGSS6 bitewe n’ubwiza bwayo:REBA AMAFOTO

Nyuma y’indirimbo My RWANDA , itsinda rya Urban Boys Iri mu irushanwa rya PGGSS6 ubu bari gukora indirimbo itandukanye nizo bakoze , ubwabo bavugako iyo ndirimbo iri mu ndirimbo izabahesha igikombe cya PGGSS6 ,  uburyo iyi ndirimbo ikoze igizwe n’udushya gusa yaba mu myambarire ndetse n’imiririmbire ikindi amakuru yatugezeho ni uko iyi ndirimbi iri mundirimbo eshatu bamaze gukora zihenze bityo bakaba badashidikanya ko igikombe cyaragije kuba icyabo bitewe nibyiza bari kugeza kubakunzi babo bakomeza kubashyigikira muri iri rushanwaÂ
Tuganira n’umwe mu basore babarizwa muri iri tsinda ariwe Manzi James uzwi ku izina rya HUMBLE-G kurubuga rwa facebook yadutangarije ko iyi ndirimbo iri kwitabwaho bitandukanye n’izindi kandi kandi ikindi iyi ndirimbo imaze kubatwara akayabo k’amafaranga Atari macye bityo yaba ku isoko rya muzika iyindirimbo mu Rwanda biteguye ko izahindura byinshi dore ko ariko iyi ndirimbo iza ifite itandukaniro ku ishuhso rya muzika aha mu Rwanda.
Dore udushya turi muri iyi ndirimbo
- Harimo itandukaniro mu binjyanye n’imikorere y’indirimbo (audio) hamwe n’izindi zayibanjirije
- Iyi ndirimbo amashusho yayo afite itandukanire yaba mu myambarire ,uzayireba azasangamo imyambabarire yacyera twakwita karahanyuze
- Imisatsi yaba basore ubwayo izaba itandukanye n’iyo tubaziho
- Kwamamazwa kwiyindirimbo ku isoko izaba itandukanye n’uburyo mu Rwanda basanzwe bamamaza indirimbo
REBA AMAFOTO
-
imikino19 hours ago
Mutsinzi Ange Jimmy yabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga
-
Imyidagaduro10 hours ago
Bimwe mu byamamare mpuzamahanga byatwawe umutima n’uburanga buhebuje bw’Abanyarwandakazi(AMAFOTO)
-
inyigisho14 hours ago
Nujya gusezera uwo ukunda ujye umuha ukuboko kw’ibumoso| dore impamvu
-
Imyidagaduro16 hours ago
URUKUNDO RURASHONGA:Bijoux wo muri Bamenya uherutse kwambikwa impeta yamaze guhindura Fiancé (VIDEO)
-
inyigisho15 hours ago
Uretse amabuno y’abakobwa b’i Kigali, dore ibindi bintu bisigaye bituma abagabo baca inyuma abagore babo
-
Imyidagaduro20 hours ago
Producer Eleeeh yavuze uko Bruce Melodie yamuhinduriye ubuzima anavuga ku bijyanye n’abakobwa benshi bamukunda (VIDEO)
-
Imyidagaduro13 hours ago
Umugore wa Nyakwigendera Dj Miller yongeye kwerekana ko akizirikana umugabo we
-
Imyidagaduro8 hours ago
Miss Ricca Michaella yumiwe nyuma yuko abajijwe niba ikibuno cye atari igipapirano