Mu ijoro ryakeye ubwo Element yajyaga kurubyiniro abafana banze ko aririmba.
Ni mu gitaramo cya Kigali Fiesta cyaraye kibaye cyatumiwemo n’umunya Nigeria Joeboy, ubwo Element yajyaga kurubyiniro kugirango aririmbe byagoranye kuko abakunzi be bamurushaga amajwi mu ndirimbo ye ‘Kashe’ kuko bayizi yose.
Icyagaragaye ni uko uyu muhanzi akaba n’umu producer Element akunzwe n’abatari bake kuko kuri ubu afite indirimbo imwe gusa ‘Kashe’.
Reba Videwo hasi..