in

“Aho gukundana n’umusore uhora mu kazi narongorwa n’inzererezi” umukobwa yasekeje abantu

Umukobwa ukiri muto yasekeje abantu nyuma yo kuvuga ko aho gukundana n’umusore uhora ari mu kazi yashakana .

Uyu mukobwa wo muri Nigeriya yavuze ko umusore wumutubuzi azashobora kumuha amafaranga yibye mu gihe ayamusabye atazuyaje ariko umugabo ufite akazi gasanzwe birashoboka ko yamubaza icyo akeneye kuyamaza .

Uyu mwari yavuze ko umugabo uhora mu kazi aba azi imvune zakazi no kubona amafaranga wayaruhiye bityo ko adapfa kuyamuha nkuwayaboneye ubuntu atamuvunnye.

Yakomeje avuga ko gukundana n’umuhungu winzererezi ari nko gukoresha iPhone 12 mu gihe gukundana n’umugabo ufite akazi bishobora kugereranywa no gukoresha terefone ya android.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku myaka 27 y’amavuko akomeje kubura akazi kubera isura ye

Mu ibanga rikomeye: biravugwa ko umuhanzi K8 Kavuyo ari i Kigali