Umukobwa ukiri muto yasekeje abantu nyuma yo kuvuga ko aho gukundana n’umusore uhora ari mu kazi yashakana .
Uyu mukobwa wo muri Nigeriya yavuze ko umusore wumutubuzi azashobora kumuha amafaranga yibye mu gihe ayamusabye atazuyaje ariko umugabo ufite akazi gasanzwe birashoboka ko yamubaza icyo akeneye kuyamaza .
Uyu mwari yavuze ko umugabo uhora mu kazi aba azi imvune zakazi no kubona amafaranga wayaruhiye bityo ko adapfa kuyamuha nkuwayaboneye ubuntu atamuvunnye.
Yakomeje avuga ko gukundana n’umuhungu winzererezi ari nko gukoresha iPhone 12 mu gihe gukundana n’umugabo ufite akazi bishobora kugereranywa no gukoresha terefone ya android.
“Dating a working class is just like using android”
These women 😭😂💔pic.twitter.com/tFUPJo1RoJ
— DotBoySwag(AdeDotun)😈🤍🔥 (@dotboyswag10) July 29, 2022