in

Mu byishimo byinshi, Anita Pendo yagaragarijwe urukundo rudasanzwe ubwo yari ku rubyiniro – AMAFOTO

Umushyushyarugamba akaba umunyamakuru wa RBA, Dj Anita Pendo yagaragarijwe urukundo rudasanzwe ubwo yari ku rubyiniro mu bitaramo aherutsemo bya gahunda ya ‘Gikuriro kuri bose’.

Ubwo yari ku rubyiniro, Anita Pendo yasanganiwe n’abagore n’abana baza kumusuhuza bamuhobera.

Nyuma yo kubona uru rukundo, Anita Pendo yagize ati “Hamwe mu hantu mbonera amahoro n’umunezero ni kuri stage.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Habaye impanuka ikomeye cyane y’imodoka yagonze igikuta igusha urubavu muri rogari (VIDEWO)

Ikipe ya Rayon Sports ihuriye n’uruva gusenya i Gisenyi ku mazi