in

Mu burakari bwinshi, KNC yavuze amagambo aremereye harimo n’ibitutsi nyuma y’uko ikipe ye ya Gasogi United inyabitswe ibitego 4

Perezida wa Gasogi United, KNC nyuma y’uko ikipe ye itsinzwe na Mukuru 4-2, yatangaje amagambo akakaye kubera umujinya bituma anatukana

Mu kiganiro n’itangazamakuru, KNC yagize ati “Uyu mukino ntabwo nabona icyo nkuvugaho, kubona Umunyezamu akora ibintu bya Kigoryi? Abantu bazima bafite umukino mu biganza, bagakora impunduka zitari ngombwa? Igihe cyirageze ngo dukore impinduka.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibi byo turabyita iki? Ikipe ya Manchester United imbere y’abakunzi bayo igaragujwe agati n’ikipe ya Bournemouth 

Itangazo rishya rya Polisi y’u Rwanda ku banyarwanda bose aho bava bakagera