in

Mu burakari bwinshi, KNC yahaye ubutumwa Vandame watangaje amagambo yamubabaje cyane – VIDEWO

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka KNC, yahaye ubutumwa Vandame uhagarariye abafana ba Police FC, nyuma yo kuvuga ko bazatsinda Gasogi United.

Gasogi United izakina na Police FC kuri uyu wa Gatandatu taliki 28 Ukwakira 2023.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bahati Makaca yakije umuriro kuri Fatakumavuta amwibutsa ko nta bukwe yakoze nubwo yirirwa yinjirira ingo z’abakoze ubukwe

Coach Gael yasubijwe inyuma ubwo yihaga ibyo gukurikira Bruce Melodie na Elements Eleeh ku rubyiniro muri Trace Award [VIDEWO]