in ,

Mu Buholandi ikipe yakuyeho BIDASUBIRWAHO agahigo APR FC na Rayon Sports zari zisangiye

Mu gihe abantu bakivuga cyane ku mukino wa Super Cup yo mu Rwanda wahuje APR FC na Rayon Sport umuriro ukaza gutuma umukino usubikwa,indi minota 27 itarakinywe igasubirwamo haciyemo iminsi 5,mu Buholandi amakipe yasubiyemo penaliti haciyemo ibyumweru 3 byose imikino 30 y’inyongera (prolongation) ibaye.

NI umukino wahuje FC Lisee na HSV Hoek,nyuma yo kunganya iminota 120,mu gutera penalty umusifuzi yazanye systeme nshya ya UEFA yo gutera penalty aho ikipe ya ,bere ibanza,iya kabiri igatera ebyiri zikurikirana nyuma ya yindi ya mbere igatera indi imwe gutyo gutyo kugeza zirangiye,iyo systeme ntago iremezwa mu Buholandi ikipe ya Hoek nyuma yo gutsindwa yarajuriye basubiramo penalty hashize ibyumweru 3 byose birangira ari yo itsinze kuri iyi nshuro.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto ateye ubwoba cyane ari butume wemera ko ibindi binyabuzima (ALIEN) bibaho koko

FC Barcelone yatsinze igitego cya mbere cy’ubujura mu mateka ya ruhago aho n’abakinnyi ba Malaga bashatse kwivumbura ngo bahagarike umukino (AMAFOTO + VIDEO)