in

Mu bakinnyi 11 Rayon Sports izakoresha umwaka utaha hiyongeyemo umukinnyi umwe utari waratangajwe mbere wamaze kurangizanya n’iyi kipe

Mu bakinnyi 11 Rayon Sports izakoresha umwaka utaha hiyongeyemo umukinnyi umwe utari waratangajwe mbere wamaze kurangizanya n’iyi kipe benshi batunguwe ni uko byagenze

Mu bakinnyi 11 batangajwe mbere ikipe ya Rayon Sports izakoresha uyu mwaka w’imikino, hiyongeyemo umukinnyi umwe ukomeye utari waratangajwe mbere nyuma yo kuba yamaze kumvikana n’iyi kipe.

Mu minsi ishize nibwo hagiye agaragara ikipe y’abakinnyi 11 ikipe ya Rayon Sports izakoresha umwaka utaha w’imikino ariko igitangaje ni uko benshi batigeze bashyiramo umukinnyi kandi mwiza waharaniye gukinira iyi kipe bikomeye.

Abakinnyi 11 Rayon Sports izakoresha umwaka utaha kugeza ubu

Mu izamu: Simon Tamale

Ba myugariro: Nsabimana Aimable, Rwatubyaye Abdul, Serumogo Ally, Bugingo Hakim

Abo hagati: Aruna Moussa Madjaliwa, Bigirimana Abedi, Jonathan Ifunga Ifaso

Ba rutahizamu: Charles Bbaale, Youseff Rharb, Joachiam Ojera

Muri aba bakinnyi mu minsi ishize ntabwo uwitwa Bigirimana Abedi yigeze ashyirwamo bijyanye ni uko ibiganiro yari yagiranye na Rayon Sports byari byanze kubera ibyo batumvikanagaho ariko kugeza ubu byamaze kurangira abaye umukinnyi wa Gikundiro.

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umwe mu bakinnyi bafite impano idasanzwe hano mu Rwanda bakiniraga ikipe ya Rayon Sports yamaze kurangizanya n’ikipe ya Kiyovu Sports 

Umugabo w’umunyamahanga yicanye ubugome bukabije umugore we nyuma yo gupimisha DNA agasanga umwana yitaga uwe atari uwe