in

MTN irashinjwa kwihesha amafaranga y’abafashe Terefone muri macye macye nta ruhushya rwa ba nyiri mafaranga

MTN irashinjwa kwihesha amafaranga y’abafashe Terefone muri macye macye nta ruhushya rwa ba nyiri mafaranga.

Abafashe terefone muri macye macye bari gutaka gutwarwa amafaranga na MTN batabizi.

Benshi bavuga ko buri ko bashyize ifaranga kuri nimero yanditse muri Macye macye bahita baritwara bakakubwira ko bamaze kwiyishyura.

Abahuye n’icyo kibazo bandikiye umunyamakuru Anne-Marie Niwemwiza bamusaba kubabariza muri MTN.

Iki kibazo ntakintu MTN yari yakivugaho, nubwo gikomeje kubangamira abatari bake.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Coach Gael yasubijwe inyuma ubwo yihaga ibyo gukurikira Bruce Melodie na Elements Eleeh ku rubyiniro muri Trace Award [VIDEWO]

Burimo intebe n’igitanda bidasanzwe! Gisagara havumbuwe ubuvumo budasanzwe bwakoreshwaga n’Abami ba cyera harimo na Ruganzu Ndoli (AMAFOTO)