in

Mo Salah yatangaje amagambo adasazwe kuri Sadio mané

Umukinnyi w’Ikipe ya Liverpool FC Mohammed Salah yatangaje ko abakinnyi Bose bakinana baba ari inshuti ze.

Ngo gusa kuri Sadio Mane we biratandukanye ngo kuko uretse ko amafata Nk’Umuvandimwe we ibi uyu musore yabitangaje Ubwo yabazwaga uburyo afata abakinnyi bakinana muri Liverpool FC iyi nkuru nkuko tuyikesha Just football.

Umukinnyi Mohammed Salah yagize ati”buri mukinnyi dukinana mufata nku mu vandimwe ngo kuko mbona aribyo byiza gusa Sadio Mane we bitewe ni amateka menshi duhuje bituma tuba abavandimwe kuko iyo nkeneye ikintu aracyimfasha Kandi nawe iyo agikeneye ndakimufasha ngewe rero sijya ni kinda iyo ndi mukibuga ngo shake gutsinda ngenyine ahubwo ngerageza ku mufasha nawe akamfasha ibyo rero bituma mufata Nk’Umuvandimwe”

Ibi akimara kubitangaza byatunguwe benshi kuko bakekaga ko Sadio mane na Mohammed Salah baba ari abantu batajya bacana uwaka.

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Uwimana Jeannette ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga yahawe ingurube ihenze cyane (Amafoto)

Jay Rwanda ari mu rukundo n’ikindi kizungerezi nyuma ya Carmel yambitse impeta (Amafoto)