in

Mitima Issac yatangaje abakinnyi 2 bari basanzwe muri APR FC batanga akazi kurusha abanyamahanga baguzwe muri iyi kipe

Myugariro Mitima Issac yatangaje ko abakinnyi barimo Nshuti Innocent na Bizimana Yanick batanga akazi kurusha Mbaoma ndetse n’abandi batakiraga ikipe ya APR FC.

Ibi yabitangaje abanyamakuru bagenzi bacu nyuma y’umukino wa Super Cup batsinzemo ikipe ya APR FC kuri uyu wa gatandatu ibitego 3-0.

Mu magambo Mitima Issac yagize Ati” Ni barutahizamu bazi guhagara neza ariko ntabwo bakubagana cyane. Ku giti cyanjye navuga ko Nshuti na Yannick batanga akazi cyane kurusha bariya.”

Mitima Issac umaze gukundwa n’abafana ba Rayon Sports kubera ubuhanga ndetse n’urwego yazamuye, uyu munsi ntawatinya kuvuga ko ari mu bafashije Rayon Sports cyane.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nibavuga Rayon Sports mujye muberereka” Mama Sava ibyishimo byamurenze maze yishongora ku bakunzi ba APR Fc – VIDEWO

Noneho arafungisha benshi: Wa mukobwa wigeze gutuma Davis D na Kevin Kade bajya muburoko yakuyemo imyenda maze atangira kwerekana ibyo benshi batajya babonesha amaso yabo abantu kwifata biranga batangira kugaragaraza amaranga mutima yabo kubera ibintu babonaga -AMAFOTO