in

Miss Mwiseneza Josiane avuze akaga gakomeye yahuye nako benshi batamenye biturutse kwifungwa rya Prince Kid

Miss Mwiseneza Josiane avuze akaga gakomeye yahuye nako benshi batamenye biturutse kwifungwa rya Prince Kid.

Uyu mukobwa wabaye Miss ukunzwe(Miss popularity)muri 2019 yavuze akaga gakomeye yagiye ahura nako mu gihe uyu Prince Kid yari arimo kuburanishwa ku byaha yaregwaga.

Ubwo Mwiseneza Josiane yabisobanuraga yavuze ko abantu bose bamubonanga bagatekerezaga ko iby’ifungwa ryarPrince Kid nawe abyihishe inyuma kuko abo yahuraga nabo bose bamubazaga ku kintu kimwe ati”ese nawe uri mu bantu barega Prince Kid?”

Uyu mukobwa yavuze ko izi arizo ngaruka zambere yahuye nazo mu gihe uyu mugabo yari afunze.

Gusa Pince Kid yaje kugirwa umwere ku byaha yaregwagamo byo kwaka abakobwa inshimishamubiri no kubafatirana .

Reba Videwo hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC yatanze ikirego gikomeye muri FIFA kubera Adil Mohamed

Inkuru y’urukundo: Byiringiro Lague n’umukunzi we bari kwizihiza igihe bamaze babana nk’umuryango