in ,

Miss Mutesi Aurore yibasiwe n’abafana ku buryo bukomeye (impamvu)

Mutesi Aurore ni umwe mu ba Miss b’u Rwanda bakunzwe cyane kubera ubwiza bafite by’umwihariko kubera imico, gusa ariko ku munsi w’ejo yisanze ari kuvugwa nabi kubera umubano we na Egide. Uti byagenze bite rero.

Ku munsi w’ejo ifoto ya Miss Akiwacu Colombe yambaye Bikini mu marushanwa ari kubera muri Pologne yagiye ivugwaho byinshi aho benshi bakomeje kumushinja kwiyandarika no konona umuco nyaRwanda, gusa ariko ntibibujije ko hari n’abari bamushigikiye.

Abantu banengaga Colombe bakomeje kugenda bamugereranya na Aurore, bavuga ko Aurore we yanze kwiyandarika yanga kwambara Bikini yonyine akenyera akenda, gusa ibi nibyo byaje kuviramo Aurore kwibasirwa ubwo umwe mu baburanaga yaje atangaza aya magambo : “Aurore yahishaga mumatako hafatanye. Naho ntimwambwirango numuco wabimuteye ubuse kubana na egide wo numuco?” muri make yashatse kumvikanisha ko Aurore kuba yaranze kugaragara muri Bikini bidafite aho bihuriye n’umuco nabusa ahubwo ari kubera uburyo yari ateye muri icyo gihe ndetse yungamo avugako ko kubana n’umukunzi we Egide nabyo byonona umuco Nyarwanda kuko batashakanye.

Mu 2014 Miss Aurore Mutesi we yakenyeye igitambaro aho abandi bambaye udusamamagara
Mu 2014 Miss Aurore Mutesi we yakenyeye igitambaro aho abandi bambaye udusamamagara
Akiwacu Colombe ari guhatanira kuba Miss Supranatural2016
Akiwacu Colombe ari guhatanira kuba Miss Supranatural2016

Dore comment zitandukanye z’abantu bateranye amagambo kubera ibyo :

aur2

aur3

aur1

aurore1
Aurore na Egide ni imwe muri Couple zikunzwe cyane muri showbiz Nyarwanda

Written by YegoB

Iyi n’inkuru y’incamugongo ndetse yanashyize mu mazi abira ikipe ya Real Madrid

Amagambo wenger yatangaje nyuma yo kunganya na PSG yaciye intege cyane abakunzi b’ikipe ya Arsenal

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO