Mutesi Aurore ni umwe mu ba Miss b’u Rwanda bakunzwe cyane kubera ubwiza bafite by’umwihariko kubera imico, gusa ariko ku munsi w’ejo yisanze ari kuvugwa nabi kubera umubano we na Egide. Uti byagenze bite rero.
Ku munsi w’ejo ifoto ya Miss Akiwacu Colombe yambaye Bikini mu marushanwa ari kubera muri Pologne yagiye ivugwaho byinshi aho benshi bakomeje kumushinja kwiyandarika no konona umuco nyaRwanda, gusa ariko ntibibujije ko hari n’abari bamushigikiye.
Abantu banengaga Colombe bakomeje kugenda bamugereranya na Aurore, bavuga ko Aurore we yanze kwiyandarika yanga kwambara Bikini yonyine akenyera akenda, gusa ibi nibyo byaje kuviramo Aurore kwibasirwa ubwo umwe mu baburanaga yaje atangaza aya magambo : “Aurore yahishaga mumatako hafatanye. Naho ntimwambwirango numuco wabimuteye ubuse kubana na egide wo numuco?” muri make yashatse kumvikanisha ko Aurore kuba yaranze kugaragara muri Bikini bidafite aho bihuriye n’umuco nabusa ahubwo ari kubera uburyo yari ateye muri icyo gihe ndetse yungamo avugako ko kubana n’umukunzi we Egide nabyo byonona umuco Nyarwanda kuko batashakanye.


Dore comment zitandukanye z’abantu bateranye amagambo kubera ibyo :
