in

Miss Kellia yakuyeho urujijo ku rukundo na Element

Urukundo ruvugwa hagati ya Miss Kellia na Element rwatangiye ubwo uyu mukobwa yitabiraga amarushanwa ya Miss Rwanda hanyuma Element atangira kumuahyigikira mu ruhame.

Nyuma Element yaje kuvuga ko baziranye kuva 2015 hanyuma akaba ariyo mpamvu yari amushyigikiye mu irushanwa ry Miss Rwanda.

Yisanzuye ku bamukira kuri Instagram yowe hanyuma abasaba ko bamubaza ibibazo bafite hanyuma akabasubiza.

Miss Kellia ubwo yasubizaga ibibazo bitandukanye hari uwamubajije ku mubano we na Element ati”Muraho ese ukundana na Element?”. Kllia mu gusubiza nawe ntiyazuyaje yahise ahakana aya makuru ati”Oya”.

Urukundo hagati y’aba bombi rwavuzwe cyane ubwo bavugaga ko na Kashe element yaririmbye yashakaga kuviga Miss Kellia.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye icyaha Nyaxo yakoze cyatumye afungwa

Casemiro yateranye amagambo n’abavuze ko akurikiye amafaranga muri Manchester united