in

Miss Albina yatangaje k’umugaragaro ko ari mu rukundo n’umukobwa mugenzi we (video)

Miss Albina wanyuze mu itangazamakuru mu Rwanda aho yakoraga kimwe mu biganiro byakunzwe n’abatari bake mu Rwanda.

Albina wagiye uvugwaho kujya mu rukundo n’abakobwa bagenzi be byarangiye yemeje ayo makuru ko ari mu rukundo na mugenzi we bahuje igitsina.

Mu magambo ye Albina yavuze ko adatingana nkuko benshi bakunze kubivuga,Yemera ko ari mu rukundo n’umukobwa mugenzi we.

Albina wakomeje akazi ko gutegura ndetse no kuyobora ibitaramo bitandukanye aho aba mu gihugu cya Canada.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Rutahizamu w’ibihe byose mu Rwanda yageze i Kigali

Amateka yisubiyemo, APR yirukanye abakinnyi batandatu