in

Minisitiri Haruna yatumye Samusure asabirwa gukubitwa nyuma yo kuvuga ko abakene b’abanebwe bagomba kujya bakubitwa kugeza bakize

Minisitiri Haruna yatumye Samusure asabirwa gukubitwa nyuma yo kuvuga ko abakene b’abanebwe bagomba kujya bakubitwa kugeza bakize.

Samusure uri gusaba ubufasha, ari gusabirwa gukubitwa nyuma y’uko bitangajwe na Minisitiri w’Ibigo by’Imari buciriritse muri Uganda, Haruna Kasolo, ko abanebwe bagomba kujya bakubitwa.

Kuri X, uzwi nka Godfather yasohoye ifoto y’uyu mu Minisitiri ndetse n’iya Samusure maze arenzaho amagambo ngo bagukubite urahaze.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntamubano mfitanye nawe” Bwanyuma Bruce Melodie arashyizwe abwiza ukuri abantu ababwira byose ku mubano we na The Ben avuga n’ikintu kibahuza – videwo

Ni Fazoo Comedy ngo kurya bikomeje kugorana baratabariza indaya