in

Minisiteri ya Siporo yasabye imbabazi abafana bagiriye ibyago mu mukino wahuje Rayon Sports na APR FC muri stade Amahoro kubera umubyigano

Minisiteri ya Siporo yiseguye ku bitaragenze neza ku mukino wahuje APR FC na Rayon Sports wabaye muri gahunda yiswe “Ihuriro ni mu Mahoro” wakomerekeyemo bamwe.

Yatangaje ko umwe ari we ukiri kwa muganga abandi bose basezerewe bameze neza.

Amakuru Yegob yamenye ni uko abagize ibibazo bitandukanye bahawe ubuvuzi bw’ibanze naho abajyanywe kwa muganga bari batandatu.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impongano y’ibyaha ni iki?

RIB ifatanyije na Police y’u Rwanda barasaba abantu bafite intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko kuzitanga mu maguru mashya