in

Mimi wa Meddy yabwiye Pamela wa The Ben akari ku mutima amwifuriza isabukuru nziza bishimangira umubano uri hagati muri iyi miryango – AMAFOTO

Kuri uyu wa Kabiri tariki 31 Mutarama,  Uwicyeza Pamela umugore wa The Ben yagize isabukuru y’amavuko, Mimi umugore wa Meddy yamwifurije isabukuru y’amavuko mu magambo yuzuyemo amarangamutima menshi.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Mimi yashyizeho ifoto ya Pamela maze arenzaho amagambo agira ati ‘’Isabukuru nziza Babe! Nkwifurije byinshi byiza”. Arenzaho utumenyetso tw’umutima.’

Ibi byashimangiye umubano uri hagati y’iyi miryango, doreko abakunzi ba muzika nyarwanda bakunze kugaragaza ko Meddy na The Ben baba bahanganye, kandi bo babanye neza.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore n’umukobwa bakundana bakatiwe gufungwa imyaka 10 bazira ibyo bakoreye mu muhanda

Umugabo yateye induru nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina n’umugore we yishakiye