in

Milton Kalisa yamaze kumvikana n’ikipe ikomeye hano mu Rwanda nyuma yo kuvugwa muri APR FC ariko ubuyobozi ntibumuvugishe

Milton Kalisa yamaze kumvikana n’ikipe ikomeye hano mu Rwanda nyuma yo kuvugwa muri APR FC ariko ubuyobozi ntibumuvugishe

Rutahizamu w’umugande Milton Kalisa wavugwaga muri APR FC yamaze kumvikana n’indi kipe bihora bihanganye.

Hashize iminsi hano mu Rwanda hari amakuru avuga ko ikipe ya APR FC iri mu biganiro na Milton Kalisa ariko benshi bagategereza ko ahabwa ubutumire ngo aze gusinya amaso agahera mu kirere.

Amakuru YEGOB twamenye ni uko kuri ubu uyu rutahizamu Milton Kalisa usanzwe akinira ikipe y’igihugu y’ubugande yamaze kumvikana na Kiyovu Sports ndetse anategerejwe hano mu Rwanda vuba bidatinze gushyira umukono ku masezerano.

Ntabwo ikipe ya Kiyovu Sports igiye kuzana uyu musore gusa ahubwo biravugwa ko na Emmanuel Anord Okwii nawe yamaze kwemerera Mvukiyehe Juvenal kuzakinira iyi kipe nyuma yo kuyivamo ntakibazo afitanye n’ubuyobozi bw’iyi kipe.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uburyo wamenya ko umusore yaryamanye n’abagore benshi

“Aho umutindi yanitse ntiriva koko indege irongeye yanze kuzima” Abafana batitaye ku bikoko APR FC iri kugura bamaze kuyibambisha hanze y’u Rwanda nyuma y’inkuru itakiriwe neza yavuye muri CAF