in

“Papa yantaye mfite imyaka itanu “Wa musore mwiza ukunzwe muri gospel yahishuye byinshi ku buzima bwe

Umuramyi Ishimwe Josh umaze kwigarurira imitima y’abenshi nyuma y’uko atangiye gusubiramo indirimbo zikoreshwa mu kiliziya amaze akazishyira mu njyana gakondo.

Josh yahishuriye Irene  ko ku myaka itanu Se umubyara aribwo baheruka kubana mu nzu,ndetse ashimira Nyina wigomye byinshi maze akamurera neza kugeza ubu.

Mu kiganiro yabwiye Irene ko nubwo yakuze atabona Se umubyara kugeza ubu n’umwe mu bantu bakunda ibihangano bye kandi akunda kumushimira iyo yasohoye igihangano gishya.

Ku myaka 22 Josh yahishuye ko yasezeranyije nyina umubyara ko azamuha umukazana vuba kuko ntiyifuza gutinda mu busore bwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru itari nziza ku muryango n’inshuti z’umuhanzi Yvan Buravan

“Mfite ubwoba bwo kubwira umugore wanjye ko naryamanye n’indaya 250″umugabo w’umuhehesi ari mu marira